in

Wagirango bakinaga batuzuye! Hano mu Rwanda ikipe yatsinze indi urunganda rw’ibitego 16 ku busa

Irushanwa ngaruka mwaka rihuza amabanki yatangiye Equity Bank inyagira Access Bank ibitego 16-0.

Iri rushanwa ririmo riba ku nshuro ya 4 ryatangiye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize tariki ya 5 Kanama 2023 aho mu mupira w’amaguru habaye imikino 2.

Mu itsinda rya A, Equity Bank ikoresha amwe mu mazina azwi cyane muri ruhago y’u Rwanda, nka kapiteni Habyarimana Innocent [Di Maria] ari na we kapiteni, Tuyizere Donatien wamenyekanye nka Djojori ndetse na rutahizamu Dusange Bertin yari yakinnye na Access Bank.

Uyu mukino wabereye kuri ’Tapis Vert’ i Nyamirambo ku wa Gatandatu, Equity yayinyagiye itayibabariye ibitego 16-0.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo bahenda abandi koko! Butera Knowless wa Clement yerekanye ikintu gifitwe na bake umugabo we yamukundiye -AMAFOTO

Niba ugira isoni ntabwo wayambara: Keza Terisky yagaragaye yambaye ikanzu yendaga ku garagagaza bimwe mu bintu abagore bahisha cyane kurusha ibindi  -AMAFOTO