in

Wagira ngo n’umukino mpuzamahanga: Abafana b’ikipe ya APR FC bari gukorera udushya kuri Kigali Pele Stadium -AMASHUSHO

Wagira ngo n’umukino mpuzamahanga: Abafana b’ikipe ya APR FC bari gukorera udushya kuri Kigali Pele Stadium.

Ikipe ya APR FC nyuma y’imyaka myinshi ikinisha abana b’Abanyarwanda igiye gukora imyitozo iri kumwe n’abakinnyi b’abanyamahanga gusa abakunzi ba Gitinyiro kubera ibyishimo bidasanzwe bari gufana nk’aho ari umukino mpuzamahanga.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ku myaka ye mike cyane Rema yakuyeho agahigo kari gafitwe n’icyamamare muri muzika ku Isi

Ngoma: Umugore ushinjwa kuroga mu buryo budasanzwe ku buryo n’inyoni yo mu kirere ayihanura, yahungishijwe igitaraganya nyuma y’uko abantu bavuga ko abaroga bari bagiye kumwihimuraho