in

Wagira ngo ni mu ijuru, dore amfoto y’umwimerere agaraza hoteli ya FERWAFA imbere n’inyuma

Mu mwaka wa 2015 ubwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangazaga umushinga wo kubaka iyi Hoteli, ryari ryavuze ko iyi Hoteli izaba ifite ibyumba 88 ishobora kwakira nibura amakipe atatu.

Iyi Hoteli yubatswe ku nkunga ya FIFA binyuze mu mushinga wayo uzwi nka FIFA Forward, aho yatanze inkunga ingana na Miliyoni 4.7 z’amadolari, ahwanye na Miliyari zisaga eshanu z’Amafaranga y’u Rwanda (5,125,119,700 Frws).

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu burakari bwinshi umukinnyi wa APR FC yabajije ikibazo gikomeye umutoza Carlos Ferrer wanze kumuhamagara mu Amavubi

Aline Bijoux yiyamye abakwije ibihuha ku gutandukana kwe na Lionel.