in

Wa musore we nubona umukobwa wujuje ibi bimenyetso ngiye ku kumbwira uzamwizirikeho

Umukobwa ushobora kuyobora umutima w’umusore mwiza, ni umukobwa ufite ibyo yujuje bimugaragaza nk’umukobwa mwiza nk’uko tugiye kubigarukaho.

Dore ibyo bimenyetso

1. Abona ibintu byiza muri wowe

Umukobwa ugukunda kandi ushobora kwizirikaho mpaka umugize uwawe, ni umukobwa uhera ku tuntu duto akatubonamo ibintu byinshi kuri wowe akatugukundira. Uyu mukobwa iyo akwitegereje, abona ushamaje rwose ndetse akabona ko nta wundi ukurenze.

2. Iyo murimo kuvugana arakwitegereza akiruhutsa

Iyo umukobwa akunda umusore cyane, iyo uwo musore arimo kumutera imitoma, umukobwa aba ameze nk’uwarigezemo (ijuru) mbese akiruhutsa, akitsa imitima, akifata nk’uwanyuzwe muri byose. Niba uwo mukobwa mukundana ari ko yitwara iyo muri kumwe, mushyire hafi yawe kuko ni umugore mwiza.

3. Akugira inama

Burya umukobwa wifata akakugira inama, menya ko uwo mukobwa adasanzwe.

4. Uyu mukobwa ntabwo azigera agusiga

Ni byo rwose! Umukobwa ugukunda cyane ntabwo ashobora kugusiga kabone n’ubwo waba ufite ikibazo gikomeye. Uyu mukobwa rero utegetswe kumukunda.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aba-Rayon bakunda ikipe yabo pe! Amafaranga ubuyobozi bwifuza ku bafana kugirango bagure Joachiam Ojera bayageze kure benshi bataranabimenya

“Nzabitsinda ahubwo cyane” Bamwe mu banyeshuri bakoze ikizami gisoza amashuri abanza basotse bamwenyura