in

Wa musore warongoye umukecuru wimyaka 70 yavuze uko ibyabo byagenze

Uyu musore uzwi ku izina rya Bernard Musyoki washyingiranywe n’umukecuru ‘imyaka 70 yavuze ko urukundo rwe ari urwa nyarwo kuko yakoye uyu mukecuru amashilingi(ksh) 100.

Musyoki yavuze ko uyu mukecuru bahuriye kuri facebook muri 2017 aho yagombaga kujya ku mureba muri Amerika 2018 bikanga.

Yagize ati “Namusabye ubucuti kuri facebook, hashize icyumweru musaba ko twabana aranyemerera.”

Aba bombi bakomeje kuganira kugeza ubwo uyu mukecuru yaje gufata umwanzuro wo kujya kureba igikomangoma cye muri Kenya.Uyu musore yavuze ko nubwo abana b’uyu mukecuru bamuruta ariko bashyigikiye umubano we na nyina, ndetse bakaba barasezeraniye no mu rusengero.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musore , hita usuzuma umukobwa mukundana muri ubu buryo umenye niba agukunda by’ukuri.

Biteye agahinda: yahatiwe kugurisha umwana we ngo abone amafunguro.