in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Wa mupasteri wagaragaye akorakora akanogosha ku myanya y’ibanga y’ab’igitsinagore ari mu mazi abira

Umpasiteri wo muri Ghana uzwi cyane ku izina rya Pasiteri Blinks, yatawe muri yombi na polisi kubera amashusho itemewe yerekanwe muri iki gihugu mu 2017.Pasiteri Blinks yagiye ahagaragara nyuma ya videwo ye yuhagira,agakorakora ndetse akogosha ku myanya y’ibanga y’abagore n’abakobwa maze aya mashusho agashyirwa kuri internet ibintu byatumye aza gukurikiranwa n’inzego z’umutekano.

Ubwo yagaragaraga yogosha imyanya y’ibanga y’abagore yavuze ko bitaturutse ku bushake bwe ahubwo yari ayobowe n’umwuka w’Imana.

Ariko nyuma byaje kugaragara ko aya mashusho ateye isoni yaje kuyakoresha mu gace ka firime yitwa “Pasiteri Blinks” yari iteganijwe kwerekanwa bwa mbere mu Kuboza 2017.

Pasiteri yagize icyo avuga ku kunegura gukabije gukurikiranwa na filime, Pasiteri yavuze ko “atari ugukoza isoni Ubukristo ahubwo ko ari ugufasha kubona ibibi kuko ahubwo bishinze imizi.”Ibi byabaye nyuma yuko Ikigo cyigihugu gishinzwe amafilime (NFA) kimumenyesheje abayobozi ko batunganya kandi bagasohora firime nta kirango cyemewe cyo gushyira mu byiciro.Pasiteri Blinks yemeje ko yatawe muri yombi mu kiganiro na Kofi Adoma, agaragaza ibisobanuro birambuye ku byo yashinjwaga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mafoto ateye amabengeza, Dj Princess Flor yerekanye ko atwite inda y’imvutsi

Ngaba abakobwa barimo gutwika kurusha abandi muri #MissRwanda2022