in

Wa munyamakuru wamamaye kuri Radio Rwanda yakoze ubukwe bunogeye ijisho(AMAFOTO).

Umunyamakuru Gatera Edmond,wamamaye kuri Radio Rwanda, akora ibyegeranyo mu rubuga rw’imikino,yarushinganye numukunzi we ,nyuma yiminsi itatu basezeranye imbere y’amategeko kubana akaramata.

Gatera n’umufasha we, Genevieve Mukarugamba,barushinze kuri iki cyumweru tariki 29 Kanama 2021, Ni imihango yabereye mu karere ka Nyanza aba bageni bombi bavukamo, mu murenge wa Busasamana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru ushinjwa kurarana n’impunzi zaturutse muri Afghanistan ,dore ibyo yakorewe.

Umusore yakubiswe izakabwana agerageza kwiba umwana.