in

Umusore yakubiswe izakabwana agerageza kwiba umwana.

Umusore yakubiswe bikomeye ubwo yageragezaga kwiba umwana wimyaka itatu .Uyu musore wagerageje gushimuta umwana wimyaka itatu yafashwe nitsinda rya Vigilante mumujyi wa Kumasi muri Ghana.

Nk’uko bigaragara muri videwo yasakajwe ku mbugankoranyambaga, uyu musore yavuze ko yoherejwe n’umugabo wamusabye kuzana umwana kugira ngo bamugurishe.

Uyu musore yashyikirijwe abapolisi kugira ngo hakorwe iperereza nyuma yo gukubitwa inkoni nyinshi .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa munyamakuru wamamaye kuri Radio Rwanda yakoze ubukwe bunogeye ijisho(AMAFOTO).

Ibituma umugabo adasiga umugore we kubera ihabara.