in

Wa mukobwa wavuzwe mu rukundo na Rwatubyaye Abdul, atwite inda y’umukinnyi w’ikipe ikomeye cyane

Biravugwa ko Liliane wakanyujijeho mu rukundo na Rwatubyaye Abdul, ari kwitegura kibaruka umwana we n’umuzamu wa Police FC, Kwizera Janvier.

Amakuru avuga ko aba bombi basigaye banabana mu nzu imwe kandi bakaba bari no kwitegura kwibaruka nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru ISIMBI.

Aba bombi batangiye kuvugwa mu rukundo mu ntangiriro z’uyu mwaka.

Uyu mukobwa yavuzwe mu rukundo na Karera Hassan ndetse binavugwa ko yasenye urugo rwa Karera Hassan na Umutoni Diane babanaga muri Finland.

Nyuma ya Hassan, yaje kuvugwa mu rukundo na Rwatubyaye Abdul gusa byaje kurangira yegukanywe na Kwizera Janvier ufatira Police Fc.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Uwarushinzwe gutegura tour du Rwanda amaze kwegura soma umenya impamvu

Lionel Messi yizeje abakunzi be ibintu bikomeye