in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Wa mukobwa watumye Davis D na Kevin Kade bafungwa yavuze ibyamubayeho

Shalon uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Shazz yavuze ibyamubayeho ubwo yamaraga gukora ikiganiro avuga ko ariwe watumye Davis D, Kevin Kade na Thierry bafungwa. Shazz yavuze ko akimara gukora ikiganiro yabonye abantu benshi bamwandikira ku mbuga nkoranyambaga ze bamusaba imbabazi kubera amagambo atandukanye bari baravuze ku mbuga nkoranyambaga bakimenya ko Davis D na bagenzi be bafunzwe. Ngo nawe yabonye ibyo abantu benshi bari bavuze bataramenya ko ariwe wafungishije Davis D na bagenzi be biramubabaza gusa kuko yumvaga nta kintu yishinja ntabwo yabitinzeho cyane.

Aho akoreye ikiganiro asobanura uko byose byagenze yabonye inshuti nyinshi zimusaba imbabazi ku bw’ibyabaye byose.

Shalon (Shazz)

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibyo Kanyombya akoreye mu Gatsata imbere y’abaturage

Juno Kizigenza afashe icyemezo nyuma yo kubona Messi arira