in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE YEGOKOYEGOKO

Wa mukobwa wariye amafaranga y’umusore akamurogesha kuribwa n’ibimonyo ,ibimubayeho biteye ubwoba.

Mu minsi yashize twabagejejeho inkuru y’umukobwa witwa Mukanyandwi wari warariye amafaranga y’umusore wamwishyuriye amashuri yose kugeza arangije Kaminuza yizeye ko bazabana bikarangira amwanze, aho uyu musore yaje kumurogesha akajya aribwa n’ibimonyo https://yegob.rw/biteye-ubwobaumukobwa-wumunyarwandakazi-wariye-amafaranga-yumusore-irebere-ibisimba-amutezantakiryama/   kuri ubu uyu mukobwa yamaze kuvuzwa ndetse ameze neza cyane.

Mukanyandwi yavugaga ko uyu musore yamubenze nyuma yo kumenya ko yabyaye umwana hanze ariko amubenga atabimubwiye,uyu musore kubera agahinda yari afite yahise ashaka uburyo yamurogesha aho yamutereje ibisimba bimeze nk’ibimonyo, byararaga bimurya ntasinzire.Nyuma y’ikiganiro yagiriye kuri Youtube uyu mukobwa yongeye kugaragara ahamya ko kuri ubu ameze neza ndetse yamaze no gukira nyuma yo kujyanwa mu bavuzi gakondo bakavura.Ahamya ko kuri ubu asigaye asinzira neza nta kibazo mu gihe mbere yashyiraga urubavu hasi ibi bisimba bigahita byuzura uburiri bwe bigatangira kumurumagura.Avuga ko asigaye ari umukobwa ubayeho yishimye kurusha mbere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Jordan Mushambokazi mu byishimo byinshi nyuma yo gutera indi ntambwe mu buzima bwe (Amafoto)

Musore niba udafite ubwanwa reka ababufite biteretere kubera izi mpamvu