in

Vuba aha agiye gusesekara i Kigali! Rurangiranwa mu guconga ruhago ku Isi, Ronaldinho Gaùcho yatangaje ko agiye kuza mu Rwanda – VIDEWO

Rurangiranwa mu guconga ruhago ku Isi, Ronaldo De Assis Moreira, wamenyekanye nka Ronaldinho Gaùcho ubu ufite imyaka 43, yamaze gutangaza ko azaza kwitabira imikino y’igikombe cy’isi cy’abakanyujijeho muri ruhago (Veteran Clubs World Championship) izabera hano mu Rwanda mu kwezi kwa Nzeri(9) k’umwaka utaha 2024.

We n’ibindi byamamare byinshi muri ruhago bazaba biteraniye I Kigali mu Rwanda. Imikino izabera muri stade Amahoro izaba yararangiye kubakwa mu kwezi kwa 5.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu w’ibihe byose w’ikipe y’igihugu Amavubi ayoboye abazakina igikombe cy’isi cyizabera mu Rwanda

Umugabo witwa Gatoya yavuye muri Gereza asanga umugore we asambanywa na Bernard ahita amutema amusiga amaraso adudubiza