in

Videwo:Umukobwa afatanyije na se bakubise undi mukobwa bamwambura ubusa bamuziza umukunzi we

Umugabo w’umwarimu afatanyije n’abana be bakubise umwana w’umukobwa bamwambura ubusa bamuziza umuhungu.

Dr Fred Ekpe Ayokhai, umwarimu muri kaminuza nkuru ya Lafia muri Nigeria yatawe muri yombi kubera gu kubita umudamu hamwe n’abana be, nyuma yuko bivugwa ko yarwanye n’umukobwa we bapfa umusore.

Bivugwa ko Ayokhai ukora mu ishami ry’amateka n’ububanyi n’amahanga muri iki kigo, yafashwe na kamera n’umwe mu bana be ubwo bari barimo bakubita kandi bambura ubusa uyu mudamu witwa Blessing Mathias.

Mbere yo gukorerwa ibi, bivugwa ko Blessing yari yakubise umukobwa w’uyu mwarimu, Emmanuella azira gushaka kujyana umukunzi we witwa IG. Intambara yabo yabaye nyuma yo kubona ko Emmanuella afite numero y’umukunzi we muri terefone ye, ubwo Blessing yamusabye kuyisiba uyu Emmanuella yarabyanze.

Iminsi mike nyuma yibyabaye, Emmanuella ari kumwe na se, Fred Ekpe Ayokhai, na murumuna we, Praise Shola, nabandi batatse uyu Blessing wagiranye ikibazo na Emmanuella umukobwa w’uyu mwarimu baramukubita bamwambura ubusa.

Mugihe kandi yajyanwe ahantu hatazwi nkuko byafashwe muri videwo, Ayokhai yakoresheje umukasi aciraho Blessing imyenda.

Reba amashusho ababaje umukobwa bamwambura ubusa……..

https://www.instagram.com/p/CkAjRLiD2N_/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Teta Sandra wari warangirijwe iryinyo rigahongoka ubu ari mu byishimo byo kugaragara neza nk’uko yahoze(ifoto)

Ikipe ya Liverpool itsinzwe n’umwana yareze ariko ikamwima amahirwe yo gukina