in

Videwo: Ikiraro gishya cyasenyutse ubwo bari baje kugitaha bibabaza benshi

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hari kuzengurukaho amashusho y’ikiraro cyasenyutse ubwo abayobozi bari baje kugitaha bikarangira kibahirimanye.

Ni amashusho bivugwa ko yafatiwe mu gihugu cya Congo, aho abayobozi baba baje gutaha ikiraro bubakiye abaturage kigahirima batari banagitaha.

Ababonye ayo mashusho byabasekeje gusa ariko birababaza bibaza impamvu abantu bakora ibintu bya rusange babikora bameze nk’abahimana.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rihanna yagaragaye ari gukora amasuku mu kabari yari ari kunyweramo we n’inshuti ze

Marcelo yakiranywe ubwuzu n’abafana b’ikipe nshya agiye gukinira (Amafoto)