in

Video: Uwimana Clarisse yashyize hanze amashusho meza y’ibitamenyerewe arimo gukora muri Honey Moon

Ari ku bimoto nka bimwe Diamond na The Ben bakoresheje mu ndirimbo Why, Umunyamakuru Uwimana Clarisse umaze igihe gito akoze ubukwe yagaragaje ukuntu aryohewe n’ukwezi kwa buki.

Abantu benshi bamusabye ko nawe yabaha umunyenga ndetse abandi bakomeza kuvuga ko yahiriwe agomba kujya ashima Imana kuko ariyo yatumye agera kuri uru rwego.

Dore video atwaye icyo kimoto;

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Adil Mohamed yavuye ku izima atangaza ikintu abayobozi ba APR FC bagomba gukora kugirango ikipe ikomere muri Afurika

Acigatiye urucupa rw’inzoga n’indabo, Young Grace yiyifurije isabukuru nziza y’amavuko (Amafoto)