in

Video: Uko byari bimeze ubwo Salma Mukansanga yageraga i Kigali

Salma Mukansanga, umusifuzi mpuzamahanga w’umugore ukomoka mu Rwanda, yamaze gusesekara ku kibuga cy’indege i Kanombe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Mutarama 2022.

Nkuko videwo yagiye hanze ibigaragaza, Salma Mukansanga yakiranywe urugwiro n’abasifuzi b’abagore bagenzi be aho baje kumusanganira bamuzaniye indabo ndetse banamuhobera n’urugwiro rwinshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa RBA ukunzwe muri siporo yaciye impaka yerekana umukunzi we

Burkina Faso ikomeje kwandika amateka muri AFCON 2021