in

Video: Abanyamakuru ba Radio Rwanda basabye ko bakwiye guhabwa inzoga ku kazi kubera impamvu 5 zisekeje bavuze

Pascal Nyandwi uzwi nka P7 ndetse na Jean Daniel Sindayigaya, babinyujije mu kiganiro cyabo kiba kirimo ibitwenge byinshi cyane, bakomoje ku muntu wavuze ibyiza byo kuba bajya bahabwa inzoga ku kazi.

Ngo baramutse bahawe inzoga byatuma hari ibintu 5 bigenda neza harimo;

  1. Kudasiba akazi
  2. Kubwiza ukuri boss kubera baba basinze
  3. Kutaka ikuruhuko cya hato na hato
  4. Ntago bajya binubira umushahara

Dore amajwi barimo babivuga nkuko biri kuri account ya Twitter ya Geovanie.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abavandimwe batatu bavuniye mu mavi uwo bakekaga ko yabibye Moto none bari mu mazi abira

Cristiano Ronaldo ari mu mazi abira nyuma y’ibyo yakoreye umufana we