in

Uzamenya ko uri munyakazi: Ibimenyetso bizakwereka ko uwo mukorana imibonano umugerera ku ngingo neza

Abantu babiri bakorana imibonano mpuzabitsina bisaba ko byibuze umwe muri bo cyangwa bose banyurwa n’igikorwa bakoze.
Gusa hari ubwo umuntu ataha yibaza niba yagereye ku ngingo uwo bari Bari my gikorwa kimwe.
Muri iyi nkuru tugiye kukugezaho ibintu 7 byakwereka ko wowe mugabo, umugore mwakoranye imibonano mpuzabitsina wamunyuze.

1. Arataka ariko by’ibishimo , gusa hantu bisaba kwitonda utazisanga wishe umuntu ngo uri kumuryohereza.
2. Azishima cyane nawe ubyibonere mu maso he, kuko uzaba wakoze ku give cye cy’amarangamutima.
3. Azaba akifuza ko mukomeza niyo mwaba mu maze kurangiza inshuro nyinshi
3. Azagushimira byimazeyo ku gikorwa umukoreye.
4. Nakumbwira ko nta kibazo cy’uburwayi bw’umutwe akigira,ukaba ari wowe mukunda gukorana imibonano mpuzabitsina, Ni ikimenyetso cy’uko umugerera ku ngingo.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imana ica inzira! Amashusho ya The Ben yo muri 2013 ari kubyinira abafana be imbyino ziteye ukwazo, yatumye bamwe bemera ko Imana ica inzira (VIDEWO)

Hahiye! Umukobwa yavuze amafaranga bamuha kugira ngo ajyende mu isoko akambakamba kandi yambaye ubusa ndetse akajya anyuzamo akanatandaraza (VIDEWO)