in

“Uwo niwe wajyaga kubashakira abakobwa!” Taifa Bruno yavuze ibebera imbere y’amarido muri APR FC, avuga uburaya bukorerwamo ndetse n’abarya ibiryo by’abakinnyi – Amajwi

Bruno Taifa wamenyekanye mu itangazamakuru ry’imikino, yatangaje ukuri ku bibi bibera muri APR FC asanzwe akunda, aho yavuze kuri bamwe mu bayobozi b’iyi kipe barya ibiryo by’abakinnyi bakabirira ku kibuga cy’imyitozo ibindi bakajya kubirira mu kabari.

Ndetse kandi Taifa yatangaje ko ubwo iyi kipe yajyaga muri Tanzania, umunyamakuru Antha Biganiro yajyaga gushaka abakobwa banezeza abayobozi b’iyi kipe.

Mu gushimangira ibi, yavuze ko bashatse gutwara Christera usanzwe ari umufana w’iyi kipe ngo ajye gushimisha Perezida wayo, gusa ngo uyu mukobwa yarabatsembeye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi bongeye kugaragara bakora imyitozo ya YOGA – AMAFOTO

Pyramids FC yitegura gukina na APR FC muri CAF Champions League, igiye kugurisha umukinnyi mu ikipe ikomeye muri Espanye imutanzeho akayabo k’amamiliyoni