in

Uwo mutima mwiza ugira uzawuhorane: Munyakazi Sadate yasabiwe imigisha itagira uko ingana ny’uma yigikorwa yari amaze gukorera umuntu atazi

Munyakazi Sadate wahoze ari Perezida wa Rayon sports yakoze igikorwa kiza mu buryo nawe bwamutunguye.

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki 22 Gashyantare 2023 nibwo munyakazi sadate yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter asaba Imana ko yaza kumufasha mu kazi ke ndetse akaba yifuza ko yazaba umwe mu ba miriyoneli bo muri Afrika.

Nyuma yo kwandika ibi hari uwaje witwa kavuke agira ati “nukuri umpaye akazi twabigeranaho.”

Amaze kuvuga ibi sadate yakoze ibyo abantu batari biteze kuko yahise amwemerera akazi ndetse amuha gahunda yaho agomba kumusanga agatangira gukora.

Bamwe mu babonye ibi bahamije ko Sadate ari umuntu w’umugabo kandi atabeshya azarinda ijambo rye.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Denyse
1 year ago

Uwo mugabo sedate imana imuhe umugisha musabiye imana ngo imufungulire imigisha ituruka impande zone zisi

Erik Ten Hag utoza Manchester United yatangaje impamvu y’umusangiro we na Sir Alex Ferguson umugoroba wose

Umugabo wasoromaga icyayi yaguye amarabira ahita ashiramo umwuka, icyo yazize nacyo cyaje kumenyekana