in

Uwiyita Yesu yahamagajwe na Polisi kugira ngo asobanure ibyo ashinjwa

Umuvugabutumwa utavugwaho rumwe wo muri Kenya yatumijwe na polisi, mu gihe Leta iri guhashya amadini y’amaduka.

Eliud Wekesa, uzwi cyane ku izina rya “Yesu w’i Tongaren” yahamagajwe na Polisi kugira ngo agire ibyo asobanura.

Uyu mukuru mukuru w’idini ryitwa New Jerusalem, ku wa gatatu yitabye polisi yo mu karere ka Bungoma mu burengerazuba bwa Kenya nyuma yuko yari yamutumije ku wa kabiri ngo imubaze ku nyigisho ze ziteye amakenga.

Yatumye abayoboke b’idini rye bemera ko ari Yesu. Wekesa afite intumwa 12, zahawe iryo zina hagendewe ku bakomoka kuri Yakobo uvugwa muri Bibiliya.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Uyu murara yanakwica” Umuhanzi Bushali yongeye kuvugisha imbaga y’abantu nyuma yo gushyira ku mbuga nkoranyambaga amafoto atangaje (amafoto)

Bavugaga batari babona! Umuhanzi Platini umaze iminsi yiturije yateguje ikintu kigiye gutitiza imbuga nkoranyambaga