in ,

Uwicyeza Pamella yananiwe kwihanganira The Ben none yamushyize ku gitutu gusa byatumye The Ben amusezeranya ikintu gikomeye agiye gukora vuba aha

Uwicyeza Pamella yananiwe kwihanganira The Ben bashakanye, umaze igihe kinini adashyira hanze indirimbo nshya.

Uwicyeza Pamella abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yagize ati “Urashyira indirimbo nshya hanze ryari?”.

The Ben yahise asubiza ati “Ndagusezeranya ko ari vuba cyane”.The Ben aheruka gushyira hanze indirimbo nshya muri 2022 ariyo “Why” yakoranye na Diamond Platnumz ndetse nyuma yagaragaye muri “Kolo Kolo” ya Otile Brownwo muri Kenya.

 

Icyakora iminsi irabarirwa ku ntoki kugirango The Ben ataramire abakunzi be mu Burundi mu gitaramo cy’imbaturamugabo afite ku wa 01 Ukwakira 2023.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Kuducyura kare bigiye gutuma tubyara indahekana’ Nyuma y’uko hashyizwe ho itegeko ry’uko utubari tugomba gufunga saa saba z’ijoro bamwe mu bagabo amarira ni yose bari kwibaza indahekana bagiye kwibaruka icyo bazazireresha [Reba ibitekerezo bya bamwe]

Serumogo wa Rayon Sports ari mu nzira mbi imukura mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi