in

Uwayezu Jean Fidèle yatangaje ko Rayon Sports irakira abandi bakinnyi batatu bashya – VIDEWO

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yatangaje ko iyi kipe itegereje abakinnyi batatu bashya barimo ba rutahizamu 2 na myugariro umwe kugira ngo irusheho kwiyubaka mu gihe yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2024/25.

Jean Fidèle yabivuze ku Cyumweru, tariki ya 28 Nyakanga, mu gihe habura ibyumweru bitatu ngo Shampiyona itangire.

Yatangaje ko abo bakinnyi baragera muri Gikundiro kuri uyu wa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukino we wa mbere ikipe ye yatsinzwe imvura y’ibitego! Ntwari Fiacre yerekanwe nk’umukinnyi mushya wa Kaizer Chiefs ndetse ahita ashyirwa ku rutonde rw’abakinnye na Yanga SC, ibatsinda nk’abadahari

Ni amarira n’agahinda ku nshuti n’abavandimwe bitabiriye umuhango wo gusezera bwanyuma nyakwigendera Dorimbogo -Amafoto