in

Uwayezu Jean Fidèle n’Umurundi Aruna Mussa Madjaliwa ibyabo bishobora kutarangira neza

Uwayezu Jean Fidèle Perezida w’ikipe ya Rayon Sports yaciye amarenga ko bashobora gutandukana n’Umurundi Aruna Mussa Madjaliwa, anemeza ko bakiri mu biganiro n’abarimo Muhire Kevin n’undi rutahizamu wazakina kuri ‘Rayon Day’.

Ati “[Madjaliwa] Yari afite amasezerano y’imyaka ibiri mu mwaka ushize.

Tugiye gutangira umwaka w’imikino, umuntu utazagira icyo adufasha, ibikubiye mu masezerano bizubahirizwa. Turacyeka ko tuzicara tukaganira, tugashaka uko dukemura ikibazo.

Ni ikibazo twirinze guhutaza kugira ngo tukiganireho ku buryo cyarangira mu bwumvikane.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Indege yari gutwara abakinnyi b’ikipe ya APR FC ibazana i Kigali ntikibonetse

Bageze i Nyarugenge! Rayon Sports yamaze kwerekana umutoza wayo mushya wazanye n’umwungiriza we