in

Uwayezu Jean Fidel yongeye gushimangira ko ari umuyobozi ukomeye wa Rayon Sports nyuma yo kwemeza icyo agiye gukora muri uyu mwaka abafana bakamukunda kurushaho

Uwayezu Jean Fidel yongeye gushimangira ko ari umuyobozi ukomeye wa Rayon Sports nyuma yo kwemeza icyo agiye gukora muri uyu mwaka abafana bakamukunda kurushaho

Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Uwayezu Jean Fidel, uyu munsi tariki 17 Ukwakira 2023, nibwo hakozwe inteko rusange atangaza ko amadeni yasanze muri iyi kipe barimo kugenda bayishyura Kandi bagiye kuyarangiza.

Uwayezu Jean yatangaje ko yasanze ideni rigera kuri Milliyoni 860 ariko kugeza ubu nyuma yo kuyishyura basigaranye ideni rya Million 200 ndetse ko bafite gahunda yo kwishyuraho 25% mu mpera z’uyu mwaka.

Ibi nibyo bikomeje gutuma abanyamuryango benshi bakomeza gusaba Uwayezu Jean Fidel gukomeza kuyobora ikipe yabo dore ko ubona ko ari mu murongo mwiza wo kuyisubiza ku rwego ruri hejuru, aho yahoze.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta kure cyane Imana itakura umuntu! Shaffy wakoranye indirimbo na Chriss Eazy bise “Bana” akomeje kuvugisha abatari bake nyuma yo kubona ifoto ye ameze nk’umuyede byacangiye i Nyarugenge -IFOTO

Nawe ushobora kuyatsindira: Junior Giti yameye gutanga amafaranga arenga 49,980 Frw ku muntu urakora ikibazo cyoroshye yabajije ku ndirimbo nshya ya Chriss Eazy na Shaffy