in

Uwasabye ‘Happiness’ Miss Muheto Divine mu majwi yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, yamaze kumenyekana

Prince Kid yemeye ko amajwi yumvikanye aganira na Miss Rwanda 2022 Muheto Nshuti Divine amusaba ‘Happiness’ ko ari aye.

Ibi yabyemeje ubwo yari ari mu Rukiko Rukuru rwa Nyarugenge aho ubushinjacyaha bwajuririye umwanzuro wafashwe n’urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge wo kumugira umwere.

Ubushinjacyaha bwajuririye icyo kirego, bwavuze ko hari ibimenyetso bitahawe agaciro harimo amajwi yafashwe bikekwa ko ari aya Prince Kid ari kwaka ‘happiness’.

Gusa aruko ayo majwi Prince Kid yemera ko ari aye mu rubanza ariko agahakana yivuye inyuma uburyo yumvikanamo.

Ati “Ariya majwi ni ayanjye ariko bayakoreye ‘editing’. Barayahinduye. Ikindi ntabwo umuntu wayafashe azwi bityo nkaba nshyigikiye icyemezo cyo kutayashingiraho.’’

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bou
Bou
1 year ago

Imyandikire yawe ifite ubute wandika inkuru nkiyi minja uzashake ahandi wakura umugati

Miss Iradukunda Elsa ashobora kuba atwite

Ikipe ya RBA itozwa na Kwizigira Jean Cloude yatewe mpaga kubera gutekenika