Ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho y’umugore wari watashye ubukwe ariko akaza gufotorwa akorakora ku myanya y’ibanga yumugeni ubwo yamusuhuzaga , bigatera abantu kwibaza icyo uwo mugore yabikoreye.
videwo yafashwe nabari bahari, yerekana umushyitsi w’umugore agaragara ajya gusuhuza umugeni wari warongowe. Aho guhobera umugeni nk’uko abandi bashyitsi babigenje, umugore yageze hasi akora ku myanya ndangagitsina y’uyu mugeni.
Ababareba bagaragaje impungenge, aho benshi babajije impamvu uyu mugore yagombaga gukora ku myanya y’ibanga ye aho kumusuhuza mu buryo busanzwe.