in

Uwari Perezida wa Argentina yatangaje ibintu byatunguye isi yose byaba kuri Messi aramutse afashije Argentina gutwara igikombe cy’isi

Uwahoze ari perezida wa Arijantine, Mauricio Macri, yashimangiye ko kapiteni Lionel Messi azatorerwa kuba perezida naramuka afashije Arijantine gutwara igikombe cy’isi cy’uyu mwaka.

Arijantine igeze mu cyiciro cya 1/4 nyuma yo gutsinda Ositaraliya ibitego 2-1 mu cyiciro cya 1 8 ibifashijwemo na Messi wagaragaye nk’umukinnyi witwaye neza, kandi amaze gutsindira Arijantine ibitego bitatu.

Macri aganira na MARCA yagize ati “Yego, twese twamutora ‘Messi’ nka perezida. Icy’ingenzi ni uko ikipe imwishimira, kandi umuka ni mwiza.

Yongeyeho ati: “Leo Messi, utari mwiza gusa ku isi, ariko 80% by’abaturage ba Doha bifuza ko Messi yaba nyampinga w’isi”.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru mbi; Umugabo yishe umugore we amuziza gutaha atinze

Abakinnyi ba APR FC bahawe inshingano zikomeye bagomba kuzuza