in

Uwakoze arashimwa! Perezida wa Senegal yageneye buri mukinnyi amafaranga menshi ndetse n’ubutaka nyuma yuko batwaye igikombe cy’Afurika

Nyuma yuko ikipe ya Senegal itwaye igikombe cy’Afurika itinze ikipe ya Misiri, bakiriwe na Perezida w’icyo gihugu maze abagenera ishimwe rishimishije ndetse anabaha undi mukoro wo kwitwara neza mu gikombe cy’isi.

Ubwo bahuraga na Perezida wa Senegal Macky Sall, yahaye buri mukinnyi ugize ikipe ya Senegal miliyoni 89 hamwe n’ubutaka bwa metero kare 200 mu mujyi wa Dakar ndetse n’ubwa metero 500 mu mujyi wa Diamniadio.

Perezida kandi yaboneyeho gusaba abakinnyi ba Sebegal ko bagomba nibura kuzagera muri kimwe cya kabiri nibaramuka bitabiriye igikombe cy’isi kizabera muri Quatar mu mwaka utaha wa 2022

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nuko turumirwa! Pasiteri yatangaje ko gutera inda umugore wawe ari icyaha/Reba amashusho

“Waduhagarariye neza kurusha Amavubi… iyo migati ntuyirye wenyine…” – Umunyamakuru Clarisse Uwimana yagarutse i Kigali yakirwa nk’umwamikazi