in ,

Uwahoza Ari Umukunzi wa Rider Man ubuhanzi Bwe si Impano ni Agahinda nawe nyumvire :ASINAH

Rider man umuhanzi uririrmba injyana ya hip hop mu Rwanda ubu yarashatse kandi yibarutse umwana uwahoze ari umukunzi we uzwi ku izina rya Asinah bamaranye imyaka umunani ,ubu nawe n’umuhanzi ariko abantu bakunze kwibaza ibi bibazo bikuriki:

-Kuki uyu mukobwa agikundana na rider man wari umukunzi we kuki atigeze amwereka  ko afite impano yo kuririmba?  

 -Reka twemereko ari umuhanzi ,kuki buri gihe mu bihangano bye hahoramo agahinda ko mu Rukundo?

Rider man n'uwahoze ari umukunzi we Asinah
                                                Rider man n’uwahoze ari umukunzi we Asinah

Twabaha igero za zimwe mu ndirimbo yagiye akora zirimo agahinda iyambere  .Hari indirimbo yambere ya ASINAH na SPAXX indirimbo ikaba yitwa IZUBU ,tugendeye ku izina ry’indirimbo IZUBU icyo yavugaga inkundo z’ubu ni ikinyanrwanda tuzi nkumugani mugufi bishatse kuvuga urukundo rw’ubu ko ntakingenda kandi rutakibaho ,twabihuza n’ibihe arimo tugasanga afite agahinda ko kubura uwahoze ari umukunzi we Rider man akaba yaratwawe n’umukobwa wakunze rider man kurusha asinah ariwe Farid Nadia  ibi bikaba aribyo bishobora kuba asinah yaragiye muri muzika akanjya kuhanyuza ubumwa bwagahinda afite akoresheje kuririmba.

 

NEG G na ASINAH
                                                                           NEG G na ASINAH

Indi ndirimbo yakurikije ho ni indirimbo yitwa GAME IS OVER yakoranye n’umuhanzi witwa NEG- G The general watagiranye na Rider Man intambara ya muzika mu intsinda rya UTP SOLDIERS. iyi ndirimbo ikomeza kwerekana ko asinah yakomerekejwe n’urukundo rwa Rider man iyindiriombo iyo iyiteze amatwi nibwo wumva ibikomere bye .

ASINAH arimo ataramira abantu
                                                           ASINAH arimo ataramira abantu

ikindi uyu mukobwa asa nkuwataye umurongo nko k’umuntu umuzi kera abona ko asinah yahindutse bityo yaba imyitwarire n’imyambarire bisa nkaho byerekeza ahantu hatari heza,reka tubitege amaso

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yolo by Charly Nina ft Riderman

Kuba bazi kubyina byatumye abahanzi bose bo mu Rwanda babiyengurira :SNIPERS DANCE CREW