in ,

Kuba bazi kubyina byatumye abahanzi bose bo mu Rwanda babiyengurira :SNIPERS DANCE CREW

Iri tsinda ribyina rizwi ku izina rya SNIPERS DANCE CREW ni itsinda rya mbere ubu mu Rwanda ribyina bamwe bakibaza niba baba mu Rwanda , bamaze kugira ibigwi byinshi mu mpano yabo yo kubyina bamaze kwegukana ibikombe byinshi cyane ,ni itsinda rigizwe n’abahungu barindwi n’abakobwa babiri bakaba bakorera igikondo aho bita kuba GIDE ,

SNIPERS DANCE CREW tariki 13/12/2013 ubwo batwaraga igikombe cy'AKADIHO DANCE COMPETION
SNIPERS DANCE CREW tariki 13/12/2013 ubwo batwaraga igikombe cy’AKADIHO DANCE COMPETION

Iri tsinda ryatagiye mu mwaka wa 2009 ubwo babonaga ko aho banjya hatangararagara kuko mu Rwanda kubyina ntibyari umwunga kuba wagutunga gusa icyo bakoze n’intambara yo kwandikisha izina ryabo kugeza aho bagiye bitabira ibitaramo bakahatambukana ishema n’isheja

Aba basore batwaye ibikombe n’ibihembo mu marushanwa yo kubyiona guhera mu mwaka wa 2010 kugeza ubu kugeza aho andi matsinda abyina yatinyaga ibitamo barimo ndetse n’amarushanwa aha  twatanga urugero rwa KIGALI STREETBALL aho amatsinda yatinya kwiyandikisha kubera iri tsinda bihera ubwo andi matsinda atagira kuyanga urunuka kuko byari intamabara kuri aba basore .

DIABLO uhagarariye SNIPERS DANCE CREW
DIABLO uhagarariye SNIPERS DANCE CREW

Uhagarariye iri tsinda uzwi ku izina rya DIABLO yakomeje adutangarizako aho bavuye ari kure ndetse ko naho bashaka kugera ari kure byatumye tumubaza inzitizi bakunda guhura nazo adutangariza ko ikibazo gihari ari abaterankunda bo kubyina ko ntabahari kandi ko n’abategura amarushanwa yo kubyina batarabikora mu buryo buryoheye amaso bikiri hasi .

                                      Bimwe mu bikombe bagiye batwara

1557699_570411939774090_227102800226628051_n

Aba basore bitabiriye amarushanwa ya NDUNDA STAR batwara igikjombe nk’itsinda ryambere mu Rwanda , uburyo bitwaye imbere yabakemurampaka byatumye abakemura mpaka ubwabo babihera igikombere nta mpaka zibaye aya marushanwa yari yatewe inkunga na MTTN RWANDA.

1506802_609827195751361_2125378755_n
SNIPERS DANCE CREW uko yinjiye kurubyiniriro mu AKADIHO

Bogeye kwitabira amarushanwa Yiswe AKADIHO DANCE COMPETITION  bogera kwegukana ibikombe cy’umwaka nk’itsinda rya mbere mu Rwanda , yaba umubyinnyi w’umwaka ,itsinda ry’umwaka rizi kubyina ndetse n’umubyinnyi ubwina injyana ya krump w’umwaka aba bose baka baravuye muri iri tsinda

Uyu ni BABOU umubyinnyi wa mbere muri KRUMP mu Rwanda
Uyu ni BABOU umubyinnyi wa mbere muri KRUMP mu Rwanda

Bitabiriye irindi rushanwa ryitwa ONSTAGE naryo ni irushanwa ryamamaye cyane mu Rwanda ,iri rushanwa ryari ryitabiriwe n’amatsinda akomeye harimo n’iri tsinda SNIPERS DANCE CREW , nk’uko byarakamenyero aba basore bogeye kwegukana iri rushanwa batwara igikombe ntampaka kandi buri wese  areba .  Si aho gusa kandi aba basore muri 2013 bogeye gutwara igikombe cya KIGALI STREETBALL  irushanwa ryari ryateguwe  na FERWABA ifatanyije na company AKADIHO ENTERTAINMENT ltd

muri HOT december
Ubwo SNIPERS DANCE CREW yataramiraga abanyeshuri

Biza kuba akamenyero bazakuba ibyamamare mu Rwanda kugeza ubu bamaze kwitabira ama festival  menshi cyane ikindi bamaze kugirana amasezertano n’abahanzi b’abanyarwanda  benshi ubwo ubu bari kubyinira umuhanzi w’umukobwa uzwi ku izina rya YOUNG GRACE  muri PGGSS6 , muri make aba basore bahagaze neza ntakibazo na kimwe bafite yaba kukibazo cy’umutungo cyangwa izina bafite mu Rwanda .

aha ni muri FESTIVAL ISANO bakoze umukino wo kubakoroni washimishije abantu bari bitabiriye uwo muhango bituma abanti bivuza kumenya ibyo bakora bakaba abarahakuye impano nyinshi ndetse n’amashimwe atandukanye

 

Dore amwe mu mafoto yabo 

DIABLO uhagarariye SNIPERS DANCE CREW
DIABLO uhagarariye SNIPERS DANCE CREW
1465082226_1_(56)
SNIPERS irimo ibyinira umuhanzi YOUNG GRACE muri PGGSS6 inyamirambo
muri HOT december
ubwo barimo bataramira abanyeshuri mu gikorwa cy’urukundo m’urubyiruko
Uyu ni BABOU umubyinnyi wa mbere muri KRUMP mu Rwanda
Uyu ni BABOU umubyinnyi wa mbere muri KRUMP mu Rwanda

1506802_609827195751361_2125378755_n

SNIPERS DANCE CREW tariki 13/12/2013 ubwo batwaraga igikombe cy'AKADIHO DANCE COMPETION
SNIPERS DANCE CREW tariki 13/12/2013 ubwo batwaraga igikombe cy’AKADIHO DANCE COMPETIO

1557699_570411939774090_227102800226628051_n

1486749_609827422418005_700567207_n
993493_609827315751349_1803515562_n
1465198_609827405751340_1547423209_n

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoza Ari Umukunzi wa Rider Man ubuhanzi Bwe si Impano ni Agahinda nawe nyumvire :ASINAH

Dore amafoto y’abasore b’abahanzi bakunzwe n’igitsina gore mu Rwanda kurusha abandi