in

Utamuriza Chantal ari mu byishimo nyuma yo kwibaruka abana batatu icyarimwe b’abahungu (IFOTO)

Utamuriza Chantal ari mu byishimo nyuma yo kwibaruka abana batatu icyarimwe b’abahungu.

UTAMURIZA Chantal, anejejwe bihebuje n’uburyo abaganga bakomeje kwita ku buzima bw’impanga 3 yibarutse z’Abahungu.

Izo mpanga ni Prince, Olivier na Berte.

Uyu mubyeyi yagize ati: “Ndumva mfite ibyishimo, abana banjye bameze neza cyane, ndashimira Imana n’ abaganga ba Kirinda uburyo bamfasha buri munsi”

Uyu mubyeyi yabyariye mu bitaro bya Kurinda bibereye mu karere ka Karongi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mama wa Fred w’imyaka itatu wasanzwe mu iriba yapfuye ararira ayo kwarika nyuma y’uko umuganga waje gupima ikishe umwana we yarapimishije ijisho agahita yemeza ko umwana yapfuye

RIP Nyirantezimana Beatrice! Umubyeyi w’imyaka 43 ari kubabaza abatari bake nyuma y’uko agiye gucyura ihene bikarangira atwawe n’umugezi