in

Urban Boyz bahaye ubutumwa abafana babo bamaze igihe bibaza aho bagiye

Abahanzi Nizzo na Humbe Jizzo bagize itsinda rya Urban Boyz, bahaye ubutumwa abafana babo ndetse n’abakunzi b’umuziki nyarwanda muri rusange bamaze iminsi bibaza aho bagiye. Ni nyuma yuko aba basore bamaze igihe kinini badasohora indirimbo.

Mu kiganiro aba basore bagiranye na 102.3 KISS FM kuri uyu wa Gatanu bavuze ko ntaho bagiye bivuze ko batigeze batandukana nkuko byagiye bihwihwiswa.

Urban Boyz baracyahari ntaho bagiye

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa b’impanga batekereza kimwe batewe inda n’umugabo umwe mu gihe kimwe||ubuzima babayemo burabagoye.

IFOTO Y’UMUNSI: Butera Knowless n’umwana we barimo koga muri piscine