in

Urwandiko ruteye agahinda rwa Anita ukora imibonano mpuzabitsina n’umugabo we buri joro uko yitsamuye

Urwandiko ruteye agahinda rwa Anita ukora imibonano mpuzabitsina n’umugabo we buri joro uko yitsamuye.

Umubyeyi wo muri Nijeriya ufite abana batatu, Anita, yatakambiye abakoresha Facebook kubera ukuntu umugabo we aba ashaka ko buri joro batera akabariro. Uyu mugore ntiyifuza kongera kubyara.

Nk’uko uyu mugore abitangaza ngo yari yagerageje uburyo runaka bwo kuboneza urubyaro ariko bituma amara ibyumweru bitatu ava amaraso.

Kuri Facebook, Anita yagize ati: “Mwaramutse neza mwese. Nkeneye inama, umugabo wanjye ashaka ko turyamana buri joro, kandi mfite abana batatu kuva maze kubana na we kugeza ubu. Sinshaka kongera gusama kuko asanzwe afite abana babiri yabyaye mbere y’uko tubana, hamwe n’abana babiri yabyaye ku bandi bagore babiri. Nyamuneka mumfashe icyo gukora.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni Hoteli yo mu mazi: Kivu Queen uBuranga, ubwato bwa mbere bw’u Rwanda buteye nka Hoteli zizwi i Dubai mu nyanja Ngari [AMAFOTO/VIDEWO]

Uzishyura 50,000 Frw ntazigera akandagira kuri Convention Center: Ubukwe bwa The Ben na Miss Uwicyeza Pamella buhenze nk’ubuzima bwa Kigali