in ,

Urutonde rwabakinnyi bagize ikipe y’umwaka muri Champiyona y’igihugu cy’ubwongereza rwagiye ahagaragara

les-joueurs-de-chelsea-en-force-dans-le-onze-de-l-annee-en-premier-league

Mu gihe champiyona yo mu gihugu cy’ubwongereza igeze ku ishiraniro aho isigaje iminsi itarenga irindwi ngo irangire ishami rishinzwe abakinnyi muri Federasiyo y’umupira w’amaguru yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi bagize ikipe y’umwaka bitewe n’imyitwarire itandukanye bagiye bagaragaza gusa hari bamwe bataruvuzeho rumwe nkuko tubikesha urubuga rwa FA.

Uru rutonde rwa FA rw’uyu mwaka rukaba rwagaragayemo abakinnyi bane ba Chelsea fc, bane ba Tottenham Hotspurs, umwe wa Liverpool, numwe wa Manchester United.

Urwo rutonde ni uru rukurikira:

David De Gea (Manchester United) – Kyle Walker (Tottenham), David Luiz (Chelsea), Gary Cahill (Chelsea), Danny Rose (Tottenham) – Sadio Mané (Liverpool), Dele Alli (Tottenham), N’Golo Kanté (Chelsea), Eden Hazard (Chelsea) – Romelu Lukaku (Everton), Harry Kane (Tottenham)

Image result for pfa premier league team of the year 2017

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere umunyamideli w’umunyarwandakazi wiganye Ciara mu kuwiyambika ubusa bigezweho (amafoto)

Bamwe mu batoza bakomeye I Burayi bakomeje kwemeza ko Barcelona iri gutera ikirenge mu cya Manchester United