in

Urumogi rwatumye Burna Boy adakorera arenga Miliyari 6

Ebonoluwa Damini Ogulu wamamaye nka Burna Boy yatangaje ko yanze akazi kari kumuhemba miliyoni eshanu z’Amadorali ya Amerika arenga Miliyari 6 mu madaranga y’u Rwanda kuko aho yari gukorera igitaramo bitemewe kuhanywera urumogi.

Burna Boy uzwiho kunywa itabi ry’Urumogi bwo mu bwoko bwa Marijuana yatangaje ko yugeze guhabwa akazi ko kuririmba mu mujyi wa Dubai uhereye muri Leta Zunze Ubumwe za Abarabu, ariko kuko bitemewe kuhanywera urumogi agahitamo we kubyihorera kuko atabaho atumva akotsi ko ku mugongo w’ingona.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyeshuri 28 ba Kaminuza y’igihugu bagiye muri ‘Sitaje’ i Paris mu Bufaransa banze kugaruka mu gihugu none ubuyobozi bwahise bubahima

Kiyovu Sports yareze Juvenal Mvukiyehe muri RIB