in

Urukundo ni rwogere: umwarimu w’imyaka 39 yiboneye urubavu rwe nyuma y’imyaka myinshi abengwa kubera indeshyo ye(AMAFOTO)

Umwarimu w’imyaka 39 yiboneye urubavu rwe nyuma y’imyaka myinshi abengwa kubera indeshyo ye(AMAFOTO)

Kwoyela Derick, umwarimu w’imyaka 39 wo , muri Cameroon, yaje kubona umufasha wubuzima bwe nyuma yimyaka myinshi abengwa kubera indeshyo ye.

Umubano wa Kwoyela Derick na Kahboh Patience wahuye nibintu byinshi biwuca intege gusa urakomeza urashikama.

Ubukwe bwabo gakondo bwashyizweho ku ya 6 Mata 2023, i Bali Nyonga, mu gihe ibirori by’ubukwe bwera bizaba ku ya 8 Mata i Bamenda.

Ku ruhande rwe, Patience ukora umwuga w’ubudozi, yavuze ko yiteguye guhagarara iruhande rw’umugabo we mu byiza n’ibibi.’

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye wa Rayon Sports yongeye kuburirwa irengero nyuma yo gutegereza umushahara amaso agahera mu kirere

Issa Bigirimana yatangaje icyatumye akundana n’umurundikazi akamusimbuza unyarwandakazi