in

“Uri Bwiza, uri ikizubazuba” Ibyavuzwe n’abafana ba Bwiza nyuma yo kubona amafoto ye (Amafoto)

Umuhanzikazi Bwiza uri mu bagezweho hano mu Rwanda yongeye gushimangira ubwiza bwe binyuze mu mafoto yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga.

Bwiza abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyizeho amafoto 4 amugaragaza ku gice cyo hejuru gusa.

Abafana be bamaze kubona ayo mafoto ye, bamuhundagajeho amitima maze bashimangira ko afite ubwiza budasanzwe.

Bwiza ni umuhanzikazi uri mu bakizamuka, akaba amaze gukora indirimbo zigiye zitandukanye harimo nka Ready, Yiwe,  My Day yakoranye na Symphony Band ndetse n’izindi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa RBA ukunzwe cyane muri sport ari mu byishimo byinshi n’umufasha we

“Inshuti yange magara” Umuraperikazi Young Grace yongeye gushimangira urwo akunda umwana we (Amafoto)