in ,

“Urampa magana tanu warangiza ngo nibuke umuryango wawe, ayo ntabwo nayafata kuko ntanubwo yavamo Esanse y’imodoka yange cyeretse ari Moto” Pasiteri yanze ituro ry’umukirisito ndetse anarenzaho utugambo tutari twiza

“Urampa magana tanu warangiza ngo nibuke umuryango wawe, ayo ntabwo nayafata kuko ntanubwo yavamo Esanse y’imodoka yange cyeretse ari Moto” Pasiteri yanze ituro ry’umukirisito ndetse anarenzaho utugambo tutari twiza.

Pasiteri yatunguye abantu ubwo yanganga umuntu wari utanze ituro rya 500 ngo amufashe gusengera umuryango we.

Uyu mukozi w’Imana witwa James Maina Ng’ang’a usanzwe ashumbye itorero ryitwa Neno ( Ijambo) yatunguye abantu ubwo yavugaga ko adakwiriye guhabwa ituro rya 500 kuko ngo hatarimo na Esanse y’imodoka ye.

Muri video yasohotse, yerekana uwo mukozi w’Imana yanga ituro ringana n’amashilingi 500 yari ahawe ngo asengere umuryango we.

Yagize ati” urampa magana tanu warangiza ngo nibuke umuryango wawe, ayo ntabwo nayafata kuko ntanubwo yavamo Esanse y’imodoka yange cyeretse ari Moto”.

Abantu banenze uyu mukozi w’Imana bavuga ko ari umwiyemezi n’umwirasi.

Igitangaje ngo nuko uyu mu Pasiteri aherutse kunenga Leta, avuga ko ubuzima bukakaye kuburyo harimo abantu batabona icyo bashyira mu nkono ngo bateke bitewe nuko ubukungu bwa Kenya bwasubiye inyuma., ariko batungurwa no kubona yanga magana tanu ngo ntacyo amaze.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwirukana Yamen Zelfani, abafana ba Rayon Sports mwakirane urugwiro umutoza ugiye gusigara akubita amakipe hano mu Rwanda

Muri iki gitondo Musanze imodoka ya Bralirwa yari itwaye inzoga na fanta ikoze impanuka iteye ubwoba – Videwo