in

Undi munyamahanga agiye gusesekara i Nyarugenge! Rayon Sports nyuma yo kubona ko abakinnyi bayo batazayigeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup, imanuye indi ntwaro ikomeye

Umukinnyi ukina hagati mu kibuga ahazwi nko 10 witwa Mvuyekure Emmanuel bakunze kwita Manu, ukomoka mu Burundi, yamaze kumvikana na Rayon Sports.

Mvuyekure Emmanuel yari asanzwe akinira KMC yo muri Tanzania, ubu yemeye gusinyira Rayon Sports kuzayikinira umwaka umwe w’imikino.

Azagera i Kigali ejo ku wa Gatanu tariki 4 Kanama 2023 ku isaha ya saa Kumi z’umugoroba.

Uyu mukinnyi aje muri Rayon Sports ku busabe bw’umutoza Yamen Zelfani nyuma yo kureba imikinire ye, yasabye ubuyobozi bwa Rayon Sports ko bwamugura maze nabwo bukazamubaza Amatsinda ya CAF Confederation Cup.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe izakina na APR FC muri CAF Champions league yagejeje icyifuzo kuri FERWAFA, bikaba byiza ku bakunzi ba APR FC

Impinduka ku bukwe bw’umuhanzi Bahati Makaca wamenyekanye muri Just Family