in

Undi munyeshuri wa Kaminuza y’u Rwanda yitabye Imana nyuma y’umunsi bashyinguye undi

Undi munyeshuri wa Kaminuza y’u Rwanda yitabye Imana nyuma y’umunsi bashyinguye undi.

Indi nkuru y’inshamugongo yumvikanye muri Kaminuza y’u Rwanda nyuma y’uko hari indi yari yashenguye benshi.

Umunyeshuri witwa Ndamiyimana Florient yitabye Imana azize uburwayi bwa Leukemia.

Uyu yitabye Imana nyuma y’undi mukobwa wari witabye Imana azize uburwayi butunguranye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RIB yataye muri yombi umunyamakuru ukurikiranyweho icyaha cyo kwaka ruswa

Huye! Umukozi wo mu rugo w’umukobwa yasambanyije umwana w’umuhungu yareraga ku izuba rya saa munani