in ,

Umwe mu bakobwa bitabiriye Miss Rwanda yashyize hanze ifoto arimo kwikora ku myanya ye y’ibanga biratungurana

Yitwa Umuhoza Simbi Fanique akaba yaramenyekanye cyane mu marushanwa ya Nyampinga w’U Rwanda 2017. Nyuma yo kwegukana ikamba ry’igisonga cya kane muri iri rushanwa, uyu mukobwa yakomeje kugenda avugwa hirya no hino kubera ibikorwa bitandikanye yagiye akora bijyanye n’umushinga we yahize ubwo yari kumwe na ba nyampinga bagenzi be muri boot camp yabereye i Nyamata muri Golden Tulip Hotel. Mu minsi ishize, Fanique abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze ifoto ye arimo kwikora ku myanya ye y’ibanga yakomeje kugenda ivugwaho hirya no hino.

Iyi niyo foto Fanique yashyize hanze

Fanique akimara gushyira hanze iyi foto ye, bamwe mu bafana be bagiye bagira byinshi bayivugaho abenshi bakomeza gutungurwa no kubona uyu mukobwa yifotoza yikoze ku myanya ye y’ibanga.

Bimwe mu byatangajwe n’abafana ba Fanique

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Shakira ari mu kaga gakomeye kubera umugabo we Gerard Pique

Fc Barcelone ishobora gutakaza Lionel Messi kubera uburangare bw’abayobozi