in

Umwe mu bakinnyi bafite impano idasanzwe hano mu Rwanda bakiniraga ikipe ya Rayon Sports yamaze kurangizanya n’ikipe ya Kiyovu Sports 

Umwe mu bakinnyi bafite impano idasanzwe hano mu Rwanda bakiniraga ikipe ya Rayon Sports yamaze kurangizanya n’ikipe ya Kiyovu Sports 

Umwe mu bakinnyi b’abanyarwanda bazi umupira hano mu Rwanda yamaze kurangizanya n’ikipe ya Kiyovu Sports avuye muri mu cyeba Rayon Sports.

Byavuze cyane mu minsi ishize ko ikipe ya Kiyovu Sports izubakira cyane ku bakinnyi b’abanyarwanda kandi bafite impano ariko hazanwe izindi ntwaro zikomeye ziturutse hanze y’u Rwanda muri abo bakinnyi b’abanyarwanda iyi kipe yamaze kwerekeza muri Rayon Sports kandi byamaze kurangira.

Amakuru YEGOB twamenye ni uko nyuma yo kudahirwa mu ikipe ya Rayon Sports umwaka ushize kubera ibibazo bimwe na bimwe yiteje ubwe, Nishimwe Blaize byamaze kurangira yumvikanye n’ikipe ya Kiyovu Sports yatozwaga na Se umwaka ushize.

Nishimwe Blaize ni umwe mu bakinnyi bakomeye beza b’abanyarwanda dufite nubwo atahiriwe kubera kutitwara neza ariko ubwo agiye mu ikipe itozwa n’umutoza mwiza Koukours Petros wanamwifuje ubwo yageraga hano mu Rwanda ashobora kuzakora ibitangaza.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mafoto utahaga kureba kubera ukuntu barimo gusa bose abatoza bashya ba Rayon Sports bishimiye ikipe basanze mu Nzove

Mu bakinnyi 11 Rayon Sports izakoresha umwaka utaha hiyongeyemo umukinnyi umwe utari waratangajwe mbere wamaze kurangizanya n’iyi kipe