in

Umwataka wifuzwaga na Rayon Sports yamaze kumvikana n’indi kipe ikomeye

Umwataka wifuzwaga cyane na Rayon Sports yamaze kugirana ibiganiro n’umuyibozi mukuru mu ikipe ya KCCA yo mu gihugu cya Uganda.

Cesar Manzoki wifuzwaga cyane na Rayon Sports yagaragaye ari kugirana ibiganiro na Anisha Muhoozi Shahir umuyobozi mukuru wa KCCA.

Mu minsi yashize nibwo twababwiye inkuru y’uko uyu musore yari yagiye muri Tanzania kuganira na Simba, nyuma yo kuva muri Tanzania yahise asubira muri Uganda kuganira na KCCA.

Ibiganiro na Simba SC ntago byagenze neza aho ibinyamakuru byo muri icyo gihugu bavuga ko uyu musore ukina asatira yagoye bikomeye ikipe ya Simba SC.

Ubwo Cesar Manzoki yahuraga na Anisha Muhoozi Shahir bumvikanye ko azabasinyira imyaka igera kuri ibiri.

Ku rundi ruhande mu ikipe ya Vipers uyu musore yakiniraga irashaka kumwongerera amasezerano gusa ariko we ntabikozwa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo ruratangaje:umukobwa yarongowe na nyir’ibyondo ashakisha inzu

Abakinnyi ba 4 mu bitabiriye gikombe cy’africa cy’abagore bapimwe basanga bafite imisemburo y’abagabo