in

NDASETSENDASETSE

Umwarimukazi arashinja umunyeshuri yigisha kumutera inda||ibyabo ni akumiro.

Umwarimukazi arashinja umunyeshuri w’imyaka 12 y’amavuko witwa Donion ko yaba yaramuteye inda .Amakuru yakusanyijwe n’ikinyamakuru cyo mu gihugu cya Malawi FaceofMalawi aravuga ko ababyeyi b’uyu mwana w’umuhungu bapfuye mu mumyaka 10 ishize mu mpanuka y’indege ubwo bari bagiye mu nama y’ubucuruzi.

Uyu muhungu akimara gutakaza ababyeyi be, Dominion Yahise ajya kurerwa na Nyirarume we witwa Jackson wari umugome mu kurera abana.

Ukuntu uyu Nyirarume we yari umugome atagira impuhwe nibyo bicyekwako ariyo mpamvu atigeze anabyara umwana ku giti cye.

Uyu muhungu kwa Nyirarume we yahoraga akubitwa, ahanwa bikabije kandi ubutitsa. Mu byukuri yarabayeho mu buzima bubi ndetse kurusha n’umukozi wo mu rugo.Nta rukundo cyangwa gufatwa neza yigeze abonera kuri uyu nyirarume we.

Uko iminsi yisunitse, Aha kwa Nyirarume we bamujyanye kwiga mu ishuri rya Leta. Ngo kumujyana mu ishuri rya ntibyari mu nyungu ze cyane zo kugirango agire icyo amenya ahubwo bashakaga ko yiga kuko yari azi imibare akajya abafasha mu bucuruzi bwabo. Umwana ageze mu ishuri umwalimu w’umugore wigishaga kuri icyo kigo yaramwishimiye amukunda cyane akenshi ajya anamwereka ko amukunda.Akajya amugurira ibintu bitandukanye mu mwanya wo kuruhuka akabimuha noneho biza kurangira n’uyu mwana w’umuhungu amwiyumvisemo cyane.

Urebye aha niho byose byatangiye….. Aho aba bombi batangiye gukuza ibyiyumviro byo gukundana urukundo rwuzuyemo irari ryo gukora ibigayitse.Gusa ibi byose ngo nubwo byabaga wabonaga byose ari imipangu y’uyu mwarimukazi….

Noneho umunsi umwe nyuma y’amasomo uyu mwarimukazi yafashe uyu mwana w’umuhungu nuko amusaba ko hari ikintu ashaka kumwigisha rero ko yamusanga aho aba akacyimwigisha.Uyu mwana w’umuhungu yaremeye baragenda bageze mu nzu abona wa mwarimukazi akuyemo imyenda.

Uyu mwana w’umuhungu utacyekaga icyo uyu mwarimukazi yashakaga kuri we yumva aratunguwe gusa ntiyahise agenda cyangwa ngo agire ikindi avuga ahubwo yakomeje kwirebera ubwambure bwa mwarimukazi.

Amakuru akomeza avuga ko mbere yuko uyu munyeshuri amenya ibyabaga, na we yaje kwisanga yakuwemo imyenda ntakintu asigaye yambaye.

Kugeza aha, buri wese yari yamaze gukuramo imyenda bose bambaye ubusa mu cyumba gusa umuhungu yasaga n’umuntu ucecetse cyane ntiyari yakiyumvishije ibirimo kumubaho muri ako kanya.

Nyuma nkuko inkuru ikomeza ibivuga uyu mwarimukazi niwe wamusambanyije. Nyuma, uyu mwarimukazi we yumvaga ko byarangiye ntakindi gishobora kuzakurikiraho ko ntawe uzabimenya.

Gusa ibintu byahinduye isura nyuma ubwo uyu mwarimukazi yatangiraga kumva arwaye noneho yajya kwisuzumisha kwa muganga agasanga atwite inda y’ibyumweru bibiri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza ku munyamakuru ukomeye wa RBA n’umufasha we

Ibintu bikomeye abantu benshi batazi mu rukundo.