in

Umwarimu w’umugore wirongoje ku munyeshuri w’imyaka 17 akaza kumutera inda, ari mu mazi abira

Umwarimu w’umugore wirongoje ku munyeshuri w’imyaka 17 akaza kumutera inda, ari mu mazi abira.

Umwarimu w’imyaka 33 witwa Morgan Freche yatawe muri yombi azira gufata ku ngufu Umunyeshuri we.

Uyu mugore yafashe ku ngufu umwana w’imyaka 17 ndetse uyu mwana biza kuragira anamuteye inda.

Uyu mugore yatahuwe nyuma y’imyaka ibiri akoze icyo cyaha dore ko yamaze no kwibaruka.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ndimbati yatangaje ikintu gikomeye bamukorera kugirango areke gufana Rayon Sports benshi baraseka cyane

Itangazo risohotse nonaha rireba abakobwa n’abasore bamanuka kizimbabwe bitwaje ko hari utunini