in

Umwarimu muri kaminuza yishe abakobwa be babiri kubera ibyo umugore we yamubwiye

Umwarimu akurikiranwe n’inzego z’umutekano kuba yarishe abakobwa be babiri kubera ko umugore we yari amaze kumubwira ko abo bana atari abe.

Ni umwarimu wigishaga muri Makerere University yo mu gihugu cya Uganda aho yigishaga kiswahili akaba yaraye yishe abakobwa be babiri nyuma y’uko yashyamiranye n’umugore we agahita amubwira ko abo bakobwa atari abe.

Umugore yatangaje ko akimara kumubwira ko abo bakobwa atari abe, yahise abatemagura nyuma yo kubatemagura yahise ahunga kuri ubu police ikaba irimo kumuhiga bubi na bwiza kugira ngo aryozwe ibyo yakoze.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Dj Briane yarijije abafana be kubera ibyamubayeho

Breaking News: Cristiano Ronaldo akomeje kwanikira mukeba we Messi urugamba rwimukiye kuri Instagram.