in

Bigomba kumukoraho: Umugabo w’umwarimu akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana 10 b’abahungu

Umugabo wo mu karere ka Bugesera wari umwarimu yatawe muri yombi n’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB acyekwaho ibyaha byo gusambanya abana 10 bose b’abahungu.

Uyu mwarimu arashinjwa gusambanya abana 10 b’abahungu bari hagati y’imyaka 14 na 18 y’amavuko mu bihe bitandukanye akaba yaratawe muri yombi n’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB tariki 24 Mata 2023 ubu afungiye ku cyicaro cya RIB ya Nyamara hakaba hari gutunganywa dosiye yuzuye neza ngo ijyanwe mu bushinjacyaha.

Mu iperereza rya kozwe na RIB rigaragaza ko uyu mugabo yakoreraga abana 10 yigishaga ibikorwa bigamije gushimisha umubiri nk’uko umuvugizi wa RIB Dr. Murangira Thierry  yabitangarije itangazamakuru.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru atari meza atunguranye cyane asohotse nonaha ku bukwe bwa King James ndetse atashimishije bamwe 

Niwe wafashe iyambere! Reba amashusho ya Platini avuga ubuhamya bw’urugendo rwe mu rukundo n’umugore we wamuteze agatego – VIDEWO