imikino
Umwanya u Rwanda rwafashe ku rutonde ngarukakwezi rwa Fifa uteye agahinda!

Ku rutonde ngarukakwezi rw’ubu u Rwanda rwasubiyeho inyuma imyanya 10,rutakaza n’amanota 31 kuyo rwari rusanganywe.
Ubu u Rwanda rukaba ruhagaze ku mwanya w’ 121 n’amanota 303.
Kuri uru rutonde amakipe 5 ya mbere uko akurikirana ni ku buryo bukurikira:
1.Argentina
2.Belgium
3.Colombia
4.Germany
5.Chilie
Ikipe ya Portugal yatwaye igikombe cy’uburayi ni iya 6 kuri uru rutonde ngarukakwezi.
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro19 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
urukundo9 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
Ubuzima9 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda22 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda21 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo22 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.
-
Hanze19 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze