in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Umwana w’uruhinja ufite imbaraga zidasanzwe mu Rwanda akora ibidasanzwe.

Uyu mwana wo mu karere ka Burera mu ntara y’Amajyaruguru bivugwa ko yavukanye imbaraga zidasanzwe aho umukozeho arwaye akira nk’uko umubyeyi we abivuga.

Speciose, nyina w’uyu mwana w’amezi 7 yatangaje ko uyu mwana yavutse mu buryo budasanzwe.Yavuze ko ubwo yajyaga kwipimisha inda ye ,basanze umwana yicaye mu nda, hanyuma abaganga bamena isuha umwana yituma munda kandi ari uruhinja.Amaze kuvuka yavukanye ubumuga budasanzwe, ntafite inkokora, amavi ,afite amano ane, ndetse nintoki zaramugaye.Speciose avuga ko ubumuga umwana we yavukanye bwatumye ahabwa akato akivuka,ababyeyi banga kumuterura,abandi bagatangazwa n’imiterere ye.

Gusa ikintu gitangaje Speciose yavuze ni uko uyu mwana w’umukobwa yise Leontine afite imbaraga zidasanzwe, benshi bemeza ko akora ibitangaza ,dore ko iyo umuntu amukozeho arwaye ngo abasha gukira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo barwanye inkundura bapfa umugore (Video)

Ibimenyetso byerekana ko Yverry ashobora kuba yatandukanye na Vanessa bari bamaze igihe kinini bakundana